{"id":3834,"date":"2019-01-13T11:20:13","date_gmt":"2019-01-13T11:20:13","guid":{"rendered":"http:\/\/www.topafricanews.com\/?p=3834"},"modified":"2019-01-13T11:36:23","modified_gmt":"2019-01-13T11:36:23","slug":"ndi-umunyapolitiki-sindi-umupasiteri-kagame","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.topafricanews.com\/2019\/01\/13\/ndi-umunyapolitiki-sindi-umupasiteri-kagame\/","title":{"rendered":"Ndi Umunyapolitiki sindi Umupasiteri-Kagame"},"content":{"rendered":"\n<p>Kuri iki cyumweru tariki ya 13 Mutarama 2019, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye amashengesho yahuje abayobozi barenga 700 bari bateraniye muri Kigali Convention Centre basengera igihugu ndetse banashima Imana kubyo igihugu cyagezeho umwaka ushize.<\/p>\n\n\n\n<p>Ni amasengesho ngarukamwaka ahuza abayobozi b\u2019igihugu\nagategurwa ku nsanganyamatsiko zitandukanye.<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida Kagame yatangiye asobanura ukuntu amaze iminsi ari\nmu rugendo ariko Madamu we yahoraga amwibutsa ko agomba kuzirikana ko hari\namasengesho yo gusabira igihugu, ariko agakomeza kumwizeza ko abyibuka kandi\nazabyubahiriza, ati \u201cTwaje kumugoroba ariko byashobotse\u201d amasengesho\nturayitabira.<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida Kagame yahise akomereza ku nyigisho yatanzwe na\nPasiteri Rutayisire wagarutse kugushishikariza abayobozi gukorera mu ikipe\nimwe.<\/p>\n\n\n\n<p>Ati \u201cNk\u2019ibyo Rutayisire yavugaga ko Atari Umunyapolitiki,\nNanjye Ndi Umunyapolitiki sindi Umupasiteri ariko turi mu Ikipe imwe.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Yagarutse ku bintu bitatu bikwiye kuba biranga igihugu cy\u2019u Rwanda ahamya ko byose bikomoka mubyo Pasiteri Rutayisire Antoine yavuze.<\/p>\n\n\n\n<p>Ibyo bintu ni&#8217; ubumwe, ugutekereza ku buryo bwagutse no kubazwa no gusubiza ibijyanye n\u2019inshingano<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida Kagame yakomeje ashimangira ko ibi bintu bigomba kuranga ikipe y\u2019abayobozi basenyera umugozi umwe bashaka impinduka nziza.<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida Kagame yanasobanuye uko yumva imikorere yabayobozi\nyakwiye kuba imeze aho yavuze ko niba abayobozi bavuye mu masengesho bakwiye\nkwiha umwanya bakibaza mu by\u2019ukuri icyo bakuye mu nyigisho zatanzwe maze\nbagukuramo imbaraga zo kugira icyo bakora ndetse no kuba hari icyo banenga.<\/p>\n\n\n\n<p>Yanagarutse ku kuntu ahora afite impungenge zo kuzashorera\nabantu bameze nabi barwaye bwaki abajyana ati \u201cMana dore abantu mwandagije\u2026.Njye\nntabwo nakwemera kujyana abantu bameze batyo\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Yashimangiye ko Abayobozi bakwiye kugira indangagaciro zo guharanira ko abantu bamera neza. Ati \u201cKugira ngo bishoboke hagomba kubaho imikoranire hagati y\u2019abayobozi n\u2019abo bayobora<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri iki cyumweru tariki ya 13 Mutarama 2019, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame&#8230;<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":3835,"comment_status":"open","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"om_disable_all_campaigns":false,"_monsterinsights_skip_tracking":false,"_monsterinsights_sitenote_active":false,"_monsterinsights_sitenote_note":"","_monsterinsights_sitenote_category":0,"footnotes":""},"categories":[148],"tags":[],"class_list":["post-3834","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo-ninkuru-mu-kinyarwanda"],"aioseo_notices":[],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.topafricanews.com\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3834","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.topafricanews.com\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.topafricanews.com\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.topafricanews.com\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.topafricanews.com\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3834"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.topafricanews.com\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3834\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.topafricanews.com\/wp-json\/wp\/v2\/media\/3835"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.topafricanews.com\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3834"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.topafricanews.com\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3834"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.topafricanews.com\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3834"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}